Reba umuzungu uhamiriza zigata izazo

Nyir’amaso yerekwa bike, ibindi akirebera. Irebere uyu muzungu wanyuzwe n’imbyino Gakondo z’Abanyarwanda, akanafata umwanya wo kwiga kuzibyina, ku buryo ubu azibyina zigata izazo.

Si ukubyina Kinyarwanda abazungu bahagurukiye gusa, ahubwo no kuririmba mu Kinyarwanda barabikora cyane bigatunguira benshi.

Uyu araririmba "Yantumye" ya King James

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka