Reba umuzungu uhamiriza zigata izazo
Yanditswe na
KT Editorial
Nyir’amaso yerekwa bike, ibindi akirebera. Irebere uyu muzungu wanyuzwe n’imbyino Gakondo z’Abanyarwanda, akanafata umwanya wo kwiga kuzibyina, ku buryo ubu azibyina zigata izazo.
Earlier during the “Planet Kigali” performance at @KigaliLibrary ...
Caption this! pic.twitter.com/MHwBNifwrW
— Makeda M (@Contact_Makeda) November 15, 2018
Si ukubyina Kinyarwanda abazungu bahagurukiye gusa, ahubwo no kuririmba mu Kinyarwanda barabikora cyane bigatunguira benshi.
Uyu araririmba "Yantumye" ya King James
Ni ukuri kw'Imana u #Rwanda n'#Ikinyarwanda biraryoshye #RwoT pic.twitter.com/F0bPOc0KTB
— Rutindukanamurego (@rutindukanamure) November 16, 2018
Ohereza igitekerezo
|