Ntawufite ubushobozi bwo kugusha imvura, Abavubyi barabeshyaga- Inzobere

Mu bihugu bimwe bya Afurika bizera abo bita Abavubyi, bivugwa ko bashobora kugusha imvura bakanayihagarika igihe babishakiye.

Mu Rwanda naho Abavubyi barahabaga, ariko inzobere mu mateka y’u Rwanda kimwe n’abahanga mu bya siyansi bemeza ko nta muntu ufite ububasha bwo kugusha imvura.

Izo nzobere zivuga ko ahubwo hari ababa bashobora kwitegereza ikirere no kugisesengura bakamenya ko gifite imvura ku buryo iyo bavugaga ko izagwa bikaba, bahitaga bitirirwa kuba ari bo bayigushije.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Abavuga ko bagusha imvura,ni kimwe na pastors bavuga ko bakora ibitangaza.Ngo basengera abantu bakazuka,bagakira ubumuga n’ibindi.Nyamara nta muntu numwe tuzi neza hano mu mujyi wa Kigali wakize.Bene aba bose babita "charlatans".Imana idusaba kubahunga no gusohoka mu madini yabo,kugirango itazaturimburana nabo ku munsi w’imperuka (Ibyahishuwe 18:4).

Gatera yanditse ku itariki ya: 12-09-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka