Ni nde wahize abandi mu gufotora ubwirakabiri ?

Mu ijoro ryo ku wa 27 Nyakanga 2018, hagaragaye ubwirakabiri budasanzwe bw’Ukwezi ku isi hose. Ubwo bwirakabiri bufatwa nk’imbonekarimwe abafotozi bo hirya no hino ku isi bari babutegereje, kugira ngo basigarane amafoto y’urwibutso. Irebere ayo mafoto maze utubwire uwaba yarahize abandi mu gufotora ubwo bwirakabiri.

Aha ni mu Budage, ifoto yafashwe na Clemens Bilan
Aha ni mu Budage, ifoto yafashwe na Clemens Bilan
Aha ni mu Burusiya yafotowe na Yegor Aleyev
Aha ni mu Burusiya yafotowe na Yegor Aleyev
Aha ni Athens mu Bugereki, ifoto yafashwe na Aris
Aha ni Athens mu Bugereki, ifoto yafashwe na Aris
Aha ni i Roma mu Butariyani, yafotowe na Gregorio Borgia
Aha ni i Roma mu Butariyani, yafotowe na Gregorio Borgia
Aha ni muri Switzerland, yafashwe na Melanie Duchene
Aha ni muri Switzerland, yafashwe na Melanie Duchene
Aha naho ni mu Budage yafashwe na Ronald Wittek
Aha naho ni mu Budage yafashwe na Ronald Wittek
Aha naho ni mu Bugereki yafashwe na Alkis Konstantinidis
Aha naho ni mu Bugereki yafashwe na Alkis Konstantinidis
Aha ni mu Mujyi wa Dresden mu Budage ifoto yafashwe na Sebastian Kahnert
Aha ni mu Mujyi wa Dresden mu Budage ifoto yafashwe na Sebastian Kahnert
Aha ni mu Mujyi wa Hechingen mu Budage yafashwe na Matthias Hangst
Aha ni mu Mujyi wa Hechingen mu Budage yafashwe na Matthias Hangst
Aha ni Tirana muri Albania yafashwe na Gent Shkullaku
Aha ni Tirana muri Albania yafashwe na Gent Shkullaku
Corinth, mu Bugereki yafashwe na Valerie Gache
Corinth, mu Bugereki yafashwe na Valerie Gache
Turkey, iyi foto yafashwe na Anadolu Agency
Turkey, iyi foto yafashwe na Anadolu Agency
Aha ni mu Mujyi wa Amman muri Jordanie, yafotowe na Muhammad Hamed
Aha ni mu Mujyi wa Amman muri Jordanie, yafotowe na Muhammad Hamed
Amritsar mu Buhinde yafotowe na Narinder Nanu
Amritsar mu Buhinde yafotowe na Narinder Nanu
Turkey, yafashwe na Anadolu Agency
Turkey, yafashwe na Anadolu Agency
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka