Kera Kabaye Rutikanga agiye gusezera mu mukino w’iteramakofe (Amajwi)

Rutikanga Ferdinand, ni we watangije umukino w’Iteramakofe mu Rwanda, nk’uko adahwema kubibwira buri muntu wese baganiriye.

Nubwo ntawamenya igihe yaherukiraga gukina uyu mukino kuko ageze ku myaka irenga 60 ubu, avuga ko kuri uyu wa gatanu hateganyijwe umukino wo gusezera mu Iteramakofe uzamuhuza n’Impanga ye yitwa Ndagijimana Silvain bakinanaga.

Byinshi kuri uyu mukino uzabera kuri kigali Convention Center guhera 18h00, urabikurikira mu Kiganiro Rutikanga Ferdinand n’Impanga ye bagiranye na KT RADIO

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Mwaramutse, mbonye mutashyizemo amazina y’impanga ye yitwa NDAGIJIMANA SILVAIN

Seth yanditse ku itariki ya: 24-08-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka