Jah Bone D yaguzwe ibihumbi 20Frw kugira ngo aticwa muri Jenoside (Amajwi)
Yanditswe na
KT Editorial
Rurangirwa Darius uzwi ku izina ry’Ubuhanzi nka Jah Bone D ( Igufa ry’Imana), avuga ko mu buzima bwe yakuze atotezwa hamwe n’umuryango we, kuko bari Abatutsi.
Mu gihe cya Jenoside yabakorerwaga mu 1994 ho, ngo iyo hataba 20.000Frw yaguzwe n’umukozi wa CICR bakoragana amugura n’abicanyi, ubu ngo ntaba akiri ku isi.
Iyumvire ubuhamya bw’inzira y’umusaraba Jah Bone D yabayemo kugeza arokotse ku bwa burembe Jenoside yakorewe Abatutsi.