Iyumvire uko Intore zikebura mugenzi wazo wayobye mu muhamirizo (Video)

Ubusanzwe iyo Intore zihamiriza ziba zerekana ubutwari bw’Ingabo ziri ku rugamba. Zikaba ziba zifite umwe muri zo uziyoboye uba aziha ikitwa imihamirizo , nazo zikayishyira mu bikorwa.

Intore z'Urukerereza zihamiriza uyu ari mu cyo bita Umusohoko w'intore
Intore z’Urukerereza zihamiriza uyu ari mu cyo bita Umusohoko w’intore

Iyo imwe mu ntore zihamiriza isa niyibagiwe uko umuhamirizo wateguwe cyangwa se igateshuka ku ntambwe, uyoboye umuhamirizo arayikebura mu mvugo ku buryo abatabimenyereye batabyumva.

Mu iserukiramuco Urukerereza ruherukamo mu gihugu cyo hanze , uwari uyoboye intore mu muhamirizo yagerageje gukebura mugenzi we wibagiwe icyo yagombaga gukora , anabivuga cyane kuko yari yizeye neza ko ntawabyumva kuko yavugaga mu Kinyarwanda.

Iyumvire icyo kiganiro cyabereye mu Kibuga Intore z’urukerereza cyabyiniragamo

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ntiwumva imigirire ikwiye umunyarwanda!!!!!!

Eliab Niyongira yanditse ku itariki ya: 10-05-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka