Aya mazina akoreshwa kuri Twitter ntasanzwe

Urubuga rwa Twitter rukoreshwa n’abatari bake mu gutanga ibitekerezo byabo no gusangira amakuru. Abarukoresha bavuga ko ari rumwe mu mbuga nkoranyambaga ziryoha kubera ubwisanzure mu gutanga ibitekerezo.

Benshi bahitamo gukoresha amazina yabo bwite, ariko hari n’abahitamo gukoresha amazina asa n’asekeje ku mpamvu umuntu atahita amenya.

Ikizwi ni uko hari n’abakoresha konti (account) za Twitter zirenze imwe, hamwe agashyiraho amazina ye ya nyayo, hakaba n’indi usanga umuntu akoreshaho amazina atari aye kenshi anasekeje akoresha mu gutanga ibitekerezo.

Bamwe mu bakoresha Twitter bavuga ko hari amazina asekeje ku buryo bajya kuyashakisha bashaka kuruhuka mu mutwe, ndetse akenshi n’ibitekerezo bijya kuri izi konti bimwe muri ibi ngo bibaruhura mu mutwe.

Kigali Today yahisemo kubereka amwe muri ayo mazina adasanzwe akoreshwa kuri Twitter:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Bafite ibibazo ibintubirirwamo

Alias yanditse ku itariki ya: 15-08-2020  →  Musubize

Ni urubyiruko, dore ni ibyo bahoramo kuma telefone yabo. Ngo mukuru wa so? hahahah

Alice yanditse ku itariki ya: 29-05-2020  →  Musubize

Ubwo kuba udafollowinga uzagende kuri moto nta Soni ? 😭

Gui yanditse ku itariki ya: 28-05-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka