Aya mazina akoreshwa kuri Twitter ntasanzwe
Urubuga rwa Twitter rukoreshwa n’abatari bake mu gutanga ibitekerezo byabo no gusangira amakuru. Abarukoresha bavuga ko ari rumwe mu mbuga nkoranyambaga ziryoha kubera ubwisanzure mu gutanga ibitekerezo.
Benshi bahitamo gukoresha amazina yabo bwite, ariko hari n’abahitamo gukoresha amazina asa n’asekeje ku mpamvu umuntu atahita amenya.
Ikizwi ni uko hari n’abakoresha konti (account) za Twitter zirenze imwe, hamwe agashyiraho amazina ye ya nyayo, hakaba n’indi usanga umuntu akoreshaho amazina atari aye kenshi anasekeje akoresha mu gutanga ibitekerezo.
Bamwe mu bakoresha Twitter bavuga ko hari amazina asekeje ku buryo bajya kuyashakisha bashaka kuruhuka mu mutwe, ndetse akenshi n’ibitekerezo bijya kuri izi konti bimwe muri ibi ngo bibaruhura mu mutwe.
Kigali Today yahisemo kubereka amwe muri ayo mazina adasanzwe akoreshwa kuri Twitter:





































Ohereza igitekerezo
|
Bafite ibibazo ibintubirirwamo
Ni urubyiruko, dore ni ibyo bahoramo kuma telefone yabo. Ngo mukuru wa so? hahahah
Ubwo kuba udafollowinga uzagende kuri moto nta Soni ? 😭