Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Tanzania: Umudepite yasabye ko abasambanya abana n’abafite ubumuga bajya bakonwa
Amavubi yitegura Benin na Lesotho yatangiye umwiherero (Amafoto)
Umunyamabanga mukuru wa RPF Inkotanyi avuga ko iwabo amoko yose yari yunze ubumwe
Gushaka imikono ntibyari byoroshye: Abifuza kuba abakandida ku mwanya w’Umudepite