Perezida Kagame ari muri Mozambique mu ruzinduko rw’akazi

Perezida Kagame yageze i Maputo mu murwa mukuru wa Mozambique, aho agiye mu ruzinduko rw’iminsi ibiri rw’akazi.

Ubwo Perezida Paul Kagame yageraga muri Mozambique
Ubwo Perezida Paul Kagame yageraga muri Mozambique

Ahagana ku isaa tanu zo kuri uyu wa mbere tariki 24 Ukwakira 2016, nibwo yageze ku kibuga cy’indege cya Maputo, yakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu Oldemiro Baloi.

Uru rugendo rugamije ahanini gutsura umubano ushingiye ku buhahirane hagati y’ibihugu byombi.

Perezida Paul Kagame na Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi umwakira mu gihugu cye
Perezida Paul Kagame na Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi umwakira mu gihugu cye
Perezida Paul Kagame aramutsa abayobozi batandukanye muri Mozambique
Perezida Paul Kagame aramutsa abayobozi batandukanye muri Mozambique
Perezida Paul Kagame na Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi
Perezida Paul Kagame na Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi

Aya makuru turacyayabakurikiranira.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

gufungura amarembo biracyenewe badukurireho visa yokwinjirayo twisanzure mubucuzi nankomyi gusa Perizada wu Rwanda ndizerako mubyamujyanye Nibyo birimo kuko byafasha benshi

Ntaganira Jackson yanditse ku itariki ya: 24-10-2016  →  Musubize

nazadusure turamwishimiye

jose yanditse ku itariki ya: 24-10-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka