
Nyuma y’uko uwo muhanda ufunzwe n’ibiza by’imvura, Polisi iramenyesha abakoresha iyo nzira gushaka undi muhanda, mu gihe hagishakwa ibisubizo by’icyo kibazo.
Ni mu itangazo Polisi yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, aho igira iti “Turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi umuhanda RN11, Muhanga-Ngororero-Mukamira ubu utari nyabagendwa, Muragirwa inama yo gukoresha indi mihanda. Abapolisi barahari kugira ngo babayobore.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|