
Umuhanda ubu wafungutse
Urubuga rwa Twitter rwa Polisi dukesha iyi nkuru, rwatangaje ko uyu muhanda wari wafunzwe n’ikamyo ya rukururana, ubwo yari igeze i Kanyinya mu Karere ka Rulindo, igakora impanuka.
Polisi ivuga ko hahise hatangiye ibikorwa byo kugira ngo uwo muhanda wongere gukoreshwa, bikaba byagezweho.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|