Michel Fresh w’imyaka 58 usanzwe uhagarariye u Bufaransa mu gihugu cya Guinée-Bissau yemejwe n’inama y’abaminisitiri yabaye tariki 01/08/2012.
Icyifuzo cy’u Bufaransa cy’uko Michel Fresh yahagararira icyo gihugu mu Rwanda cyamaze gushyikirizwa Leta y’u Rwanda; nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Jeune Afrique.
Kigali Today
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
nanihahandi uyu nawe ni ukuneka u rwanda bimuzanye no gukurikirana ibya m23 nurwanda kuko aba bazungu babohereza mu rwanda babanjye kubasopeshya kutarya ruswa yibihugu byo muri afrika ahubwo bakabineka bivuye inyuma byumvikane ko bari bamaze amezi 6ntamakuru babona ku rwanda none naho kuvuga ngo nyumayo kwanga helene bose nibamwe ni umwana wumunyarwanda ntagikongoro nta nyamagabe