Iyi Radio ikunzwe mu mujyi wa Kigali no mu nkengero zayo, yumvikanira ku murongo wa Mz 91.5 FM, yibasiwe n’iyo nkongi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tarki 12/01/2013.
N’ubwo bitaremezwa neza, bamwe mu banyamakuru bayikorera bemeza ko inkongi yaba yatewe n’ibibazo bya tekiniki. Gusa ibyangiritse ngo bishobora kutabuza iyo Radio gukomeza imirimo yayo mu gihe cya vuba.
Kigali Today
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
birababaje.twifatanyije na r isango mubyago bagize