Igihe Itangishaka yari agiye kwahira ubwatsi bw’inka, yabanje kunyura kuri uyu mugezi uri hagati y’umurenge wa Mbuye na Byimana agiye gukaraba ku birenge ahita arohama.
Itangishaka yari asanzwe abana n’uburwayi bw’igicuri, bakaba bakeka ko ari bwo bwaba bwarabaye inandaro y’iri rohama; nk’uko bitangazwa na Nahayo Jean Marie, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Byimana.
Itangishaka nta babyeyi yagiraga, yarerwaga n’umugore wa nyirarume witwa Mukamunana Pelagie.
Eric Muvara
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ebana Kigali today turaza kuyivaho none se ko nta nkuru mbona mwandika ngo umuntu nayisoma abure gusigarana andi matsiko ajyanye nibyo muba mutavuze! Apuuuuu