RIB iraburira abantu bishobora mu bikorwa by’ubujura bwa telephone, ko bakwiye kubihagarika kuko ingamba za ngombwa zihari zo gukurikirana no guhana abishora muri ibyo bikorwa.
RIB iributsa kandi abantu bose kutajya bagurira telefone aho babonye hose, kuko hari iziba zigurishwa zaribwe.
Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|