Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
|
#WorldCup2026: Mexico yatangiye itsinda Afurika y’Epfo(Amafoto)
U Rwanda rwamaganye ibirego bya Human Rights Watch ku ruhare rw’Ingabo z’u Rwanda mu burasirazuba bwa RDC
Ya nkubi y’umuyaga ya El Niño yatangiye kandi ishobora guteza isi akaga
Inyubako ya Minisiteri y’Ingabo ya Amerika yafunzwe kubera ibyuka byangiza ikirere
kubantu batibonye kurutonde rwabiyandikishije gukora yabarizahe ?murakoze
NAGIRA NGO MBASABE MUMFASHE KUNDEBERA,IGIHE NZAKORERA IKIZAMINI CY’URUHUSHYA RWA BURUNDU;NARI NARIYANDIKISHIJE ARIKO KUBERA COVID 19 AMATARIKI YO GUKORA YAGIYE YIGIZWA INYUMA.
Mudufashe muduhe time table yibizamini uno bizakorwa na mataliki murakoze
Twabazaga niba ibizamini ahobigeze bikorwa mutubwira abazakorera iburengerazuba niryari mudufashe kugirango tubashe kwitegura murakoze
Turabashimiye kuba mwongeye gusubukura ibizami, none mwadusobanuriye igihe tuzatangirira kwiyandisha kubantu tudafite code zogukoreraho? MURAKOZE!!
Murakoze kuduha ayamakuru ajyanye no gusgaka impushya.nabasabagako mwazanaduha urutonde rwabazaherwa bari bafite provisoir.
Murakoze kuba mwongeye kudufungurira none x abantu bafite proviosur ntabwo aya mezi ya covid muzayongeraho
Abanu bazatangira kwiyandikisha ryari muri rusange
Turabashimiye kungambanshya zokurekura ibizamine byogutwara ibinyabiziga mukazirikana nabari biyandikishije.mbere ya covd19 murakoze kutuzirikana