Perezida wa Mauritania yatangiye uruzinduko rw’Akazi mu Rwanda

Mohamed Ould Ghazouani, Perezida wa Repubulika ya Kisilamu ya Mauritania, yageze mu Rwanda aho aje kwitabira inama ya Africa CEO Forum iteganyijwe kuri uyu wa Kane tariki 14 kugeza ku wa 15 Gicurasi 2026.

Ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, kuri uyu wa 13 Gicurasi 2026, yakiriwe na Minisitiri w’Umutekano imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka