Agisesekara ku kibuga cy’indege i Kanombe, yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr. Richard Sezibera, akaba ari na we wamuherekeje ubwo yasozaga urwo ruzinduko.
Perezida Kenyatta kandi yageze n’i Gabiro mu Burasirazuba bw’u Rwanda, aganira na Perezida Paul Kagame ndetse n’abandi bayobozi bari mu mwiherero avuga ko yishimira ko u Rwanda rwigeze gupfukama, ubu rumurika nk’inyenyeri.














Amafoto: Plaisir Muzogeye
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|