Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare b’amapeti atandukanye

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare bafite amapeti atandukanye, harimo ba Colonel Innocent Munyengango na François Regis Gatarayiha bahawe ipeti rya Général de Brigade.

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), ni bwo bwatangaje izo mpinduka mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Ukuboza 2025.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka