Uku gusangira kwari kwanitabiriwe n’abakuru b’ibihugu bitandukanye bitabiriye inama ya 18 y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe iri kubera mu murwa mukuru wa Ethiopia.

Perezida Kagame n’umufasha we hamwe n’itsinda rimuherekeje batangiye uruzinduko mu gihugu cya Ethiopia ku wa gatanu, bavuye mu gihugu cya Uganda, aho bitabiriye imihango yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 26 ishyaka riri ku butegetsi NRM ribohoye Uganda.
Jean Noel Mugabo
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Well done kigalitoday mukomereze aho.