
Nk’uko byatangajwe ku rukuta rwa Twitter rw’ibiro by’umukuru w’igihugu, Ibi birori byo gusangira byabaye nyuma y’umukino w’umupira w’amaguru wahuje abitabiriye inama ya FIFA n’ikipe y’u Rwanda yari irimo Perezida Kagame, ari na yo yatsinze iya FIFA ibitego 3-2.

Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rutewe ishema no kwifatanya n’Isi yose mu gusigasira umurage w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru ku Isi Pele, umunya-Brazil ufite inkomoko muri Afurika.


Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|