Emirates247.com yanditse ko Perezida Kagame yashimye icyerecyezo cya Dubai mu iterambere ku buryo u Rwanda rwifuza gufata urugero rw’imikorere mu nzego iki gihugu cyitwayemo neza.
Mu kiganiro aba bayobozi bombi bagiranye cyanitabiriwe na bamwe mu baminisitiri ku mpande zombi, cyaranzwe no kugaragaza ubushake mu bufatanye mu buhahirane ndetse n’ishoramari hagati y’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.
Jean Noel Mugabo
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|