Nta butaka busharira hasharira ingoma mbi - Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi yavuze ko mu butaka bw’u Rwanda buhingwa, 50% ari ubutaka busharira, ariko abaturage batuye i Nyaruguru na Nyamagabe, ngo bamaze kumva ko imiyoborere myiza ari yo y’ingenzi.
Minisitiri Telesphore Ndabamenye, mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano yagize ati "Aba baturage baba ahantu higanje ubutaka busharira baratubwiye bati: "Nta butaka busharira, hasharira ingoma mbi."
Aha, ngo babaga bashaka kwerekana ko ahari ubuyobozi bwiza, byose bigenda neza. Bashakaga kwerekana uko u Rwanda ruzirikana ibyo ubutaka bwabo bukeneye, cyane cyane babaha inyongeramusaruro, irimo ibirwanya ubusharire bw’ubutaka.
U Rwanda ruha abaturage ifumbire, n’izindi nyongeramusaruro muri gahunda ya Nkunganire. Mu ngengo y’imari ya vuba (2024–2025) Leta y’u Rwanda yatanze miliyari 54.2 Frw ku nkunga y’inyongeramusaruro (ifumbire n’imbuto).
Muri ayo, Miliyari 43.6 Frw zagiye ku ifumbire gusa, mu gihe Miliyari 10.6 Frw zagiye ku mbuto z’indobanure.
Inkuru zijyanye na: Umushyikirano 20
- Dore imyanzuro yafatiwe mu Nama y’Umushyikirano yateranye ku nshuro ya 20
- Abarezi bahangayikishijwe n’abangavu baterwa inda
- MINISANTE yijeje gutanga serivisi zinoze kandi zegereye abaturage
- Ubu turi mu miyoborere izira ‘cachot, cachet na cash’
- Turasaba ko mwanoza gahunda y’imiturire kuko ikigaragaramo ibibazo - Umuturage
- Perezida Kagame : Ubwenge n’ubushobozi murabufite, ni iki kitubuza gutera imbere?
- U Rwanda rwahisemo imiyoborere myiza igaragara mu buzima bwa buri munsi bw’umuturage
- Ikibazo si ugushyira umukono ku masezerano, ikibazo ni ubushake bwa Politiki - Min. Nduhungirehe
- Umushyikirano ni umwanya mwiza wo gusuzuma ibyagezweho - Depite Mukabalisa Germaine
- Nimuhumure Imana yo izi kuringaniza - Perezida Kagame
- Umunyarwenya yatumiye Perezida Kagame mu ‘Isetsa Rusange’
- U Rwanda ni umufatanyabikorwa wizewe, uhamye kandi wubahwa - Minisitiri Nduhungirehe
- Ikibazo cya serivise z’ibyangombwa by’ubucuruzi cyongeye kugaruka mu Mushyikirano
- Abatuye Ngoma batakambiye Perezida Kagame ngo abagarurire Kaminuza ya INATEK
- Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda barasaba koroherezwa kuzibyaza amafaranga
- Abiga amashuri yisumbuye bikubye inshuro zirenga 20 mu myaka 32 ishize
- Umuyobozi w’urwego rw’abanyamakuru bigenzura yasabye Leta kugira amafaranga igenera abanyamakuru
- Kuki u Rwanda rutarega Congo?
- Amasezerano ya DRC n’u Rwanda i Washington twaranayasengeye - Min. Nduhungirehe
- Umushyikirano 20: Umunsi wa mbere mu mafoto
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|