I Muhanga, KT Radiyo yatangiranye n’abaturage ndetse n’Abayobozi b’Inzego z’Ibanze mu gikorwa cya buri wa kabiri kijyanye n’isuku, igitondo cy’isuku.
Abanyamakuru bakunzwe ba KT Radiyo barafasha Abanyamuhanga gusabana n’abayobozi, mu gihe abandi nabo basanga abaturage mu mirimo babarizwamo.
Iyi gahunda kandi, irakira abashoramari b’i Muhanga n’ababakikije, kugira ngo bamenyekanishe ibyo bakora ku bakiriya babo.
Umunyamakuru wa KT Radio, Rusakara, yishimiwe bidasanzwe n'Abaturage b'Akarere ka Muhanga.
🎥: @rwibutsoj1 #KtRadioIwacu pic.twitter.com/MdtNykqep5
— Kigali Today (@kigalitoday) April 21, 2026
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|