Itangazo rya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, ryavuze ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatanze Madame Louise Mushikiwabo.
Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo, yabaye Umunyamabanga mukuru wa Francophonie wa kane, akaba yaratangiye manda ya mbere y’imyaka ine mu Kwakira 2018, aho yatsinze umunya Canada Michaëlle Jean wari uyoboye manda imwe.
Yongeye gutorerwa manda ya kabiri mu Gushyingo 2022 ku bwiganze bw’Amajwi, nta n’umwe bahanganye.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|