Inzira zose ziragana i Kigali mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano

Abanyarwanda b’ingeri zose bateraniye i Kigali, abandi nabo bategereje kuri za televiziyo n’amaradiyo kugira ngo bakurikire inama y’Igihugu y’Umushyikirano iteranye ku nshuro ya makumyabiri.

Iyi ni inama ngarukamwaka iyoborwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ikaba ikiganiro gihuza Abanyarwanda bose, bakavuga iterambere u Rwanda rugezeho, urgendo rusigaye kugira ngo rugere aho rwifuza, ndetse n’icyakorwa kugira ngo intambwe idasubira inyuma.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka