
Habanje kuba ibikorwa bitandukanye mbere y’uko inama itangira
Ku murongo w’ibiteganyijwe gukorwa muri iyo nama izamara iminsi ibiri hategerejwe cyane amatora y’umunyamabanga mukuru w’uwo muryango aho u Rwanda rufitemo umukandida, Louise Mushikiwabo.
Umuhango w’amatora uzaba ejo kuwa kane amahirwe menshi akaba ahabwa umukandida w’u Rwanda ushyigikiwe n’ibihugu byinshi bya Afrika. Uwo bahanganye kuri uwo mwanya, madame Michèle Jean, ukomoko muri Canada afite amahirwe make nyuma y’uko n’igihugu akomokamo kiyemeje kuzashyigikira Louise Mushikiwabo.
Perezida Paul Kagame na we ni umwe mu bakuru b’ibihugu bitabiriye inama ya 17 n’abakuru b’ibihugu bivuga igifaransa.

U Rwanda narwo ruhagarariwe n’ikipe nini, irimo Belise Kariza ukuriye ubukerarugendo muri RDB

Inkuru zijyanye na: OIF
- Perezida Kagame yemeje uruhare rwa OIF mu kwiyunga k’u Rwanda n’u Bufaransa
- Nzanye ikintu gifatika muri OIF - Mushikiwabo
- Mushikiwabo atorewe kuba Umunyamabanga Mukuru wa OIF
- Urugwiro Mushikiwabo yagaragarijwe rwashimangiye ko mu masaha make ari butorerwe kuyobora OIF- Photo
- Abitabiriye inama ya OIF bahurije ku kwita ku bibazo byugarije isi
- Armenie: Madame Louise Mushikiwabo yasusurukije amahanga mu mbyino Nyarwanda - AMAFOTO
- Armenia: Perezida Kagame yagiye gushyigikira Mushikiwabo wiyamamariza kuyobora OIF
- Mushikiwabo yakandagije ikirenge kimwe mu buyobozi bwa OIF
- Urugendo rwa Louise Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF - AMAFOTO
- RDC ishyigikiye Min Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga mukuru wa OIF
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|