Akarere ka Nyarugenge kasezeranyije iyi miryango nyuma y’uko ibyisabiye ubuyobozi bw’ aka karere.
Umuyobozi w’akarere ka Nyarugenge, Mukasonga Solange, yasabye abasezeranye gukomeza gukundana anabagaragariza akamaro ko gusezerana imbere y’amategeko ku miryango iba yabikoze, cyane cyane ku bana.
Twizeyimana Jean Bosco, umwe mu basezeranye, yatangaje ko yishimiye kuba asezeranye n’umugore kuko bigiye gutuma babana neza kurushaho. Yakomeje avuga ko amategeko agiye kubemera nk’umugabo n’umugore maze abana bakazabona umunani mu mitungo y’ababyeyi babo nta kibazo.
Emmanuel N. Hitimana
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|