
Ibi biciro bishya bikubiye mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), kuri uyu wa Kabiri tariki 3 Ukwakira 2023.
RURA yatangaje ko ibi biciro bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere, guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Ukwakira 2023.
RURA yakomeje itangaza ko “Iri hindagurika ry’ibiciro rishingiye ahanini ku ihindagurika ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli rikomeje kugaragara ku isoko mpuzamahanga.”

Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Mutangaze ni ingamba abantu bafata harimo kugenda n’imodoka rusange, amagare, amaguru. Gukora gahunda ikomatanyije kugira ngo ingendo zibe nkeya, gufatanya imodoka imwe igihe muva mu gice kimwe n’ibindi