Imihango yo kumusezeraho yabereye mu rugo iwe nyuma aza gushyingurwa mu irimbi rya Rusororo mu Karere ka Gasabo, aho yaherekejwe n’abo mu muryango we, inshuti ze ndetse na bamwe mu bayobozi bakuru b’igihugu, barimo Perezida wa Sena, Dr Iyamuremye Augustin.
Bikurikire muri iyi Video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Twesetwirindecoved_19