Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Lt. Gen (Rtd) Karenzi Karake na Col (Rtd) Jeannot Ruhunga bagizwe ba Ambasaderi
Perezida Kagame yahinduye ba Minisitiri b’Ibikorwa remezo, Abakozi ba Leta, Ubucuruzi n’inganda
Iteramakofe: Bodymax yateguye irushanwa ryo Kwibohora ku nshuro ya kabiri
Mu rubanza rwa Dr Rwamucyo, urukiko ruzaha agaciro amakuru yatanzwe n’umugore we kuri Radiyo Rwanda
Dukunda amakuru mutugezaho.
Mutubarize na MINEDUC/ REB Amakuru kW’ishyirwa MU myanya ry’abarimu bashya kuko abakoze 2019 na 2020 bose barabikeneye NGO babe batekereza ku bindi byabateza imbere. Murakoze
Abantu baba bagize umugisha bakiri mu isi bagahabwa akazi n’umukuru w’igihugu nukuri bajye bagakora neza ntibamutenguhe ni umugisha utabonwa na buri kiremwa Dore twe rubanda rugufi biba Ari ibibazo.
Muraho neza,muzadutangire igitekerezo ko byaba byiza ko abayobozi b’uturere nabo bakagiye bahabwa mitation, ntibafate akarere nkaho ari mu rugo iwabo ahubwo bakajya bimurwa nkuko abaderecteur b’ibigo by’amashuri bimurwa.hanyuma umuntu niba yarishe akarere ke yakwica nako aguyemo bahite babonako adashoboye hanyuma yirukanywe ku mirimo ye! Murakoze.