Mu Mujyi wa Kigali igiciro cyabaye 59.28 FRW ku mugenzi ku kilometero, naho mu Ntara: igiciro kiba 41.58 FRW ku mugenzi ku kilometero.
Ibi biciro bishya byashyizweho hashingiwe ku izamuka ry’ibikomoka kuri peteroli. Guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Mata 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6:00), Lisansi iragura Amafaranga y’u Rwanda 2,303 kuri Litiro, naho Mazutu iragura Amafaranga y’u Rwanda 2,205 kuri Litiro.
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byaherukaga kuvugururwa ku itariki 4 Werurwe 2026, aho Lisansi yaguraga 1,989Frw kuri litiro, bivuze ko yiyongereyeho amafaranga y’u Rwanda 314 kuri litiro, mu gihe Mazutu yaguraga 1,948Frw kuri litiro, yiyongereyeho amafaranga y’u Rwanda 257 kuri litiro.
Uko ibyo biciro biteye:
Ibitekerezo ( 32 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Mutubwire ibiciro by’ingendo zo mu mujyi wa Kigali tumenye uko bihagaze bareke kutwiba.
Nitwa Elyse merereye kicukiro center so ibintu bikomeje guhenda cyane peee birakabije so Wenda reka twere kugaruka kuri Petrol and fuel so nonx amakara,amavuta,ibirayi,igitoki,ifu y’ubugali babyo bituruka Iran Ewan Kigali Rwanda ibintu biragoye ni mutuvuganire abacuruzi b’iKigali bari gusha inyungu nyinshi cyanee kbx.
Kombona bigoye cyane turabaho ute
Kombona bigoye cyane turabaho ute
Ndabona bikomeye pe! Nahanyagasani wenyine
Nahubundi tee ntituzabibasha
Ndabona bikomeye pe! Nahanyagasani wenyine
Nahubundi tee ntituzabibasha
Mudufashe nukur amafranga yarabuze kd mukaz dukora kaburimunsi twe ntituzamurwa mumushahara muturenganure nukur p tubaye tubashimiye
Mudufashe nukur amafranga yarabuze kd mukaz dukora kaburimunsi twe ntituzamurwa mumushahara muturenganure nukur p tubaye tubashimiye
Ibinubirakabije ariko mutuvuganire biss zomashanyari ntizurize ibiciro kuko ntagozinwa asanse
Mutubwre remera buhabwa nagahe
Ingendo zo muri Kigali atarizo mu ntara gusa
Kuva huye ujya nyabugogo nangahe