Harerimana yarohamye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 29/11/2013, n’ubwo bagenzi be bakaba bagerageje kumurohora ariko bikaba iby’ubusa kuko yari yarangije kwitaba Imana. Umurambo we ukaba wajyanwe mu rugo iwe aho kugira ngo ushyingurwe kuri uyu wa Gatandatu.
Polisi ikorera mu karere ka Bugesera isaba abaturage kutajya mu biyaga cyangwa inzuzi umuntu ari wenyine mu bwato, kuko bituma hirindwa impanuka nk’izo za hato na hato.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|