
Perezida watowe Donald Trump ari kumwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Amerika mu birori bibanzirira kurahira kwe
Amabasaderi Mathilde yitabiriye ibyo birori byabaye mu ijoro ryakeye tariki ya 17 Mutarama 2017.
Ibyo birori byateguriwe abantu batandukanye barimo abahagarariye inyungu z’ibihugu byabo muri Amerika.
Perezida watowe, Donald Trump ugiye gusimbura Perezida Barack Obama, biteganyijwe ko azarahira mu birori bizaba ku wa gatanu tariki ya 20 Mutarama 2017.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|