Iyo gahunda izamara ukwezi kose, uhereye tariki 26 Mutarama kugera Tariki 28 Gashyantare nk’uko RRA yabisobanuye mu itangazo rikurikira.
Iyi gahunda ije gufasha abantu benshi bari bamaze kugira ibirarane byo kwandikisha, guhererekanya ibinyabiziga, ndetse no kuvana mu bitabo ibinyabiziga byavuye mu muhanda.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|