Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
Hari abagifite ingebabitekerezo ivuga ko u Rwanda ari urw’abahutu, bagomba kurwisubiza - Dr Bizimana
Abahamwe n’icyaha cyo gutegura Jenoside barenga ibihumbi 50 bari kwicwa iyo igihano cyo kwicwa kidakurwaho - Dr Bizimana
Abasirikare b’inzirabwoba natwe twari dufite ingengabitekerezo ko umwanzi wacu ari Umututsi – ACP Augustin Kuradupagase
Ni Robots si ibikinisho - Tajyire Group yatanze umuganura w’ubushakashatsi
Nibyo koko mbona badacukumbura kurugero rukwiye kdi babifitiye ubushobozi urugero nkibibazo byinshi bategerezako Nyakubahwa president wa republic abikomozaho bakabona kubihererekana kdi bagakwiye gutanga umusanzu wabo mbere yuko abimenya badacukumbura bagatunga agatoki kuwagize uruhare kukibazo runaka
"Umunyamakuru mwiza ni umunyamakuru uriho" ni ryo hame, Ayanone ati ese nuvuga umuntu ejo ukangara cg ukabura ubuzima wa muturage washakiraga amakuru azasubizwa na nde, umuturage wayatanze se we nakurikiranwa n’ubuyobozi kuko yatanze amakuru ni nde uzaba abihombeyemo,tuzakomeza gukorera mu cyo twita envirenement kandi birashoboka ko umunsi umwe ubangamira kubona amakuru azashyira atsindwe