Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Perezida Kagame yambitse umudali Tadej Pogačar watwaye shampiyona y’Isi y’Amagare 2025
Tadej Pogačar yegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025 (Amafoto)
Uko byifashe muri Kigali ku munsi wa nyuma wa Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025 (Amafoto)
Perezida Kagame yahawe umudali nk’indashyikirwa mu gushyigikira umukino w’amagare
Nibyo koko mbona badacukumbura kurugero rukwiye kdi babifitiye ubushobozi urugero nkibibazo byinshi bategerezako Nyakubahwa president wa republic abikomozaho bakabona kubihererekana kdi bagakwiye gutanga umusanzu wabo mbere yuko abimenya badacukumbura bagatunga agatoki kuwagize uruhare kukibazo runaka
"Umunyamakuru mwiza ni umunyamakuru uriho" ni ryo hame, Ayanone ati ese nuvuga umuntu ejo ukangara cg ukabura ubuzima wa muturage washakiraga amakuru azasubizwa na nde, umuturage wayatanze se we nakurikiranwa n’ubuyobozi kuko yatanze amakuru ni nde uzaba abihombeyemo,tuzakomeza gukorera mu cyo twita envirenement kandi birashoboka ko umunsi umwe ubangamira kubona amakuru azashyira atsindwe