Abanyamakuru bakoze inkuru zahize izindi bahembwe (Amafoto)

Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Ugushyingo 2025, abanyamakuru bakoze inkuru nziza kurusha izindi mu byiciro bitandukanye bashimiwe mu ruhamwe ndetse begukana n’ibihembo.

Umunyamakuru w'umwaka yabaye Niyifasha Didas
Umunyamakuru w’umwaka yabaye Niyifasha Didas

Ni igikorwa ngarukamwaka cyahujwe n’Umunsi Nyafurika w’Itangazamakuru, gitegurwa n’Ishyirahamwe ry’abanyamakuru bo mu Rwanda (ARJ), Urwego rw’abanyamakuru rwigenga (RMC) ndetse n’Ishyirahamwe ry’abanyamakuru b’abagore (ARFEM), kigaterwa inkunga n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB).

Kureba andi mafoto: KANDA HANO

Amafoto: Eric Ruzindana

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka