Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko rurimo gukurikiranira hafi mu Gihugu hose ishyirwa mu bikorwa ry’ibiciro bishya by’ingendo biherutse gushyirwaho.
Rwasabye abatwara abagenzi kubahiriza no kumanika ibiciro aho abagenzi bategera no mu modoka ndetse kandi abagenzi basabwa gukomeza gutanga amakuru kuri 2222, no ku mbuga nkoranyambaga za RURA.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Biteye amatsiko
Dukore twunguke
ariko mutubwirire ecofleet ko hafi 10% yamafaranga yishyurwa muntoki za ba chauffeurs kandi bose.Nka ville-kimironko ni 705FRW ariko umushoferi afata 500.Ibi nabyo ko arubujura kui batabyitaho; kuko nibahomba bazatangira kuzamura ibiciro;hari na bambaye utu gilets ngo bara controla wapi ntacyo bakora.ikindi twibaza nikuki bus zifite camerra ariko zikaba zidakora.
Bazagere nomuri vunga kuko bishyuza uko bashatse
Bazagere nomuri vunga kuko bazamuye ibiciro.gutendeka byo babigize umuco
RURA nikomeze neza rwose,ahubwo na Polisi ibafashe. Ikindi Leta muri rusange igaruke kuri gahunda yo guhagarika imodoka hirya no hino hakurikijwe ibyerekezo (Gahanga, Kabuga, Bishenyi,...), hanavugururwe byihuse Nyabugogo dore ko n’imodoka zabuze Aho zijya, guhagarara hanze mu muhanda birabangamye cyane.