• Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubwikorezi (uwambaye ingofero mu bahagaze imbere) ari kugira inama abakora umuhanda Nyamasheke-Karongi.

    Basabwe gukosora ibitaragenze neza mu ikorwa ry’ umuhanda Nyamasheke-Karongi

    Mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Nyamasheke, tariki 02/09/2014, umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibijyanye no gutwara abantu n’ibintu muri minisiteri y’ibikorwa remezo, Dr Nzahabwanimana Alexis, yasabye ko ahantu hatanoze mu iyubakwa ry’umuhanda uva Nyamasheke ugana i Karongi, hakosorwa kugira ngo inenge zashoboka zibashe (…)



  • Bamwe mu bagize ihuriro RNDP n

    Kutanywa amata bihagije ngo birateza imirire mibi no guhombya abashoramari

    Abashoramari bagize ihuriro ryitwa Rwanda National Dairy Platform (RNDP) ry’aborozi, abatunganya amata (mu nganda) n’abashinzwe kuyakwirakwiza mu gihugu, bafite impungenge ko kuba Abanyarwanda batanywa amata mu buryo buhagije, bikomeza gutuma bagira imirire mibi ndetse ngo abo bashoramari bakaba bagenda bahomba uko iminsi (…)



  • Gakenke: Bamaze kumenya akamaro ko kubana n’umugore umwe gusa

    Bamwe mu bagore batuye mu murenge wa Gakenke mu karere ka Gakenke bemeza ko abagabo babo bamaze gucengerwa na gahunda ya leta yo kutarenza umugore umwe ku buryo ingo nyinshi zitakigaragaramo abagabo baharika abagore babo, bikaba kandi byaranatumye amakimbirane agabanuka mu miryango.



  • Umuyobozi w

    Menya byinshi kuri Mayor Nzamwita uyobora akarere ka Gakenke

    Kigali Today (K2D) yagiranye ikiganiro cyihariye n’umuyobozi w’akarere ka Gakenke Deogratias Nzamwita ayitangariza byinshi mu buzima bwe kuva ku mirimo ya Leta itandukanye yakoze kugeza ku myidagaduro n’ifunguro akunda.



  • Iki kigo kizaba ishuri ry

    Kirehe: Huzuye ikigo cy’urubyiruko kizafasha mu kwita ku buzima bwarwo

    Urubyiruko rwo mu karere ka Kirehe rurishimira ikigo rumaze kubakirwa mu Murenge wa Kirehe. Iyi nyubako igizwe n’ibyumba bisaga 20 bizajya bikorerwamo imirimo inyuranye ijyanye no gufasha urubyiruko mu buzima bwarwo bwa buri munsi.



  • Uyu mucuruzi asanga umuntu mu rwego akoramo rwose akwiye gutanga serivisi nziza.

    Nyabihu: Abaturage basanga gutanga serivise nziza ari urufunguzo rw’iterambere

    Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu basanga gutanga serivise nziza mu rwego rwose umuntu yaba arimo ari urufunguzo rw’iterambere mu gihugu. Ibi babivuga mu gihe u Rwanda rugenda rwifatanya n’ibindi bihugu muri gahunda z’iterambere zinyuranye, aho abaturage basanga abanyarwanda bakwiye kurushaho gufunguka mu mutwe (…)



  • Abitabiriye amahugurwa n

    Abantu 30 bava mu bihugu 8 by’Afurika barahugurwa ku kurinda umutekano w’abana

    Abavili, abapolisi n’abasirikare 30 bava mu bihugu umunani by’Afurika y’Iburasizuba, kuri uyu wa mbere tariki 01/09/2014 batangiye amahugurwa ku burenganzira bw’abana no kubarinda mu bihe by’intambara mu Ishuri Rikuru ry’Amahoro (Rwanda Peace Academy) riherereye i Nyakinama mu Karere ka Musanze.



  • Abapolisi b

    Abapolisi b’abagore batangiye amahugurwa yo guhagararira UN mu kubungabunga amahoro

    Abapolisi 140 b’abagore batangiye guhugurwa n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (UN), ku bijyanye n’uko bazitwara mu kizamini kizatuma bahagararira uyu muryango mu bihugu bitandukanye ku isi mu kubungabunga amahoro.



  • Ukwezi kwa Cyanda kurasiga abirukanywe muri Tanzaniya babonye aho kuba.

    Ngoma: Gahunda ya “ndi umunyarwanda” yatumye bitabira gufasha abanyarwanda birukanwe muri Tanzaniya

    Abaturage bo mu mudugudu wa Sangaza, akagari ka Ruhinga, umurenge wa Zaza mu karere ka Ngoma, bavuga ko gahunda ya “ndi umunyarwanda” yatumye bagira imbaraga mu gushyira hamwe bafasha abanyarwanda birukanwe muri Tanzaniya bahatujwe.



  • Abakirisitu bavuga ko bahungukiye byinshi birimo kurwanya amacakubiri.

    Ruhango: Igiterane cy’iminsi ine gisize abakirisitu bafashe ingamba mu kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge

    Mu giterane bamazemo iminsi ine, abakirisitu bari mu matorero atandukanye mu karere ka Ruhango, baravuga ko bashoboye kuhigira byinshi bijyanye no kwegerana n’Imana, ariko cyane cyane guha agaciro gahunda za Leta zirimo kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge, ubwisungane mu kwivuza n’ibindi.



  • Abafatanyabikorwa b

    Huye: Kujya inama n’akarere byatumye abafatanyabikorwa bagera ku baturage bose

    Ubuyobozi bw’akarere ka Huye n’abafatanyabikorwa bako (JADF) bemeza ko gukorera ku mihigo no guhuriza hamwe ibyo bazakorera abaturage mbere, byatumye ibikorwa bisaranganywa mu mirenge n’utugari bigize aka karere mu rwego rwo kugendana mu iterambere.



  • Amato akorera mu Kivu agiye guhabwa ibirango mu minsi ya vuba.

    Nyamasheke: Amato yo mu kiyaga cya kivu agiye guhabwa ibirango

    Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buratangaza ko bugiye gutanga ibirango (plaque) mu bwato bwose bukorera mu Kiyaga cya Kivu mu rwego rwo kumenya ubwato buri mu karere, ndetse no kugumya kubungabunga umutekano w’abagenda n’abarobera mu kiyaga cya Kivu.



  • Abirukanwe muri Tanzaniya batujwe mu karere ka Kirehe baracyaba mu mahema ariko barimo kubakirwa amazu azuzura mu gihe cya vuba.

    Kirehe: Imiryango 60 yirukanwe muri Tanzaniya irishimira uburyo ibayeho mu Rwanda

    Nubwo abaturage birukanwe muri Tanzaniya batuye mu karere ka Kirehe bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kuvirwa muri iki gihe cy’imvura, ngo bishimiye uburyo babayeho kuko kuri bo ngo biboneye ingaruka zo kudatura mu gihugu uvukamo.



  • Ahakorerwa n

    Imbago 17 zigaragaza imipaka y’u Rwanda na Kongo zari zarabuze zabonetse

    Impuguke z’u Rwanda na Kongo zemeje ko zabashije kubona imbago 17 zari zaraburiwe irengero nyuma y’uko habonetse imbago eshanu ngo huzuzwe imbago 22 zashyizweho n’abazungu mu mwaka wa 1911mu kugaragaza imipaka ihuza u Rwanda na Kongo.



  • Perezida Kagame akaba n

    RPF-Inkotanyi yibukije indangagaciro zikwiye kuranga abanyamuryango inanenga abitwaye nabi

    Inama ya biro politiki y’umuryango RPF-Inkotanyi yateranye kuri iki cyumweru tariki 31/8/2014, yibukije indangaciro zigenga umunyamuryango mwiza inatangarizwamo ingamba zo kurwanya amatwara mabi; aho na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame akaba n’Umuyobozi wa RPF-Inkotanyi yaburiye abazafatirwa mu kugambanira igihugu.



  • Basezeranye nyuma y

    Abasezeranye bageze mu zabukuru bagira inama abakiri bato kubareberaho

    Umugabo n’umugore Francois Bedishye uri mu kigero cy’imyaka 75 n’umugore we Dancila Mujawamariya uri mu cyigero cy’imyaka 65 basezeraniye imbere y’Imana mu itorere ry’aba methodiste Paruwasi ya Kicukiro, basaba abakiri bato babana batarasezeranye kubikora kuko baba babana nko mu buraya.



  • Aha ni mu biganiro bijyanye no gukangurira abaturage guhangana n

    Imyumvire ya bamwe mu bagore ngo ibangamira gahunda zo kurwanya ihohorerwa rishingiye ku gitsina

    Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi ngo basanga imyumvire ya bamwe mu bagore ikomeje kuba inzitizi mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore bagenzi babo kuko ngo iyo umugabo yibaniye neza n’umufasha we ngo hari bamwe mu bagore batangira kugenda bavuga ko ari inganzwa cyangwa (…)



  • Abafundi, ababaji n

    Rwamagana: Abafundi bakoze umuganda wo gutunganya inzu y’umusaza utishoboye

    Urubyiruko rwibumbiye muri Sendika y’Abubatsi, Ababaji n’Abanyabukorikori (STECOMA) bo mu karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatandatu tariki 30/08/2014 bahuriye mu gikorwa cyo kuvugurura inzu y’umusaza utishoboye kandi umugaye, Rubanguka Aloys, utuye mu mudugudu wa Kirehe mu kagari ka Nyagasenyi ho mu murenge wa Kigabiro (…)



  • Rwimbogo: Bamwe bahitamo kwishyingira kubera impamvu z’ubukene

    Bamwe mu baturage b’Umurenge wa Rwimbogo mu karere ka Gatsibo, bavuga ko ikibazo cy’ubukene buri muri uyu murenge no kuba inkwano ihanitse, ari bimwe mu bituma kwishyingira bakunda kwita “guterura” ari yo nzira yoroshye yo gushaka umugore cyangwa umugabo.



  • Perezida Kagame yifatanyije n

    Perezida Kagame yemeza ko umutekano na politiki yubaka aribyo musingi w’iterambere

    Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Perezida Paul Kagame, aributsa Abanyarwanda ko bakwiye kwishimira ko ibyo bari kugeraho babikesha umutekano bafite na politiki yubaka, akabasaba gukomeza gukorana imbaraga no kubungabunga ibyagezweho.



  • Abanyamakuru bitabiriye ikiganiro n

    Muhanga: Umuyobozi w’akarere ntashyigikiye abakozi bako banga gutanga amakuru

    Umuyobozi w’akarere ka Muhanga, Mutakwasuku Yvonne, aratangaza ko adashyigikiye na gato bamwe mu bakozi b’akarere ayoboye batinda cyangwa bakanga gutanga nkana amakuru basabwa n’ababifitiye uburenganzira. Yanasabye ko uwaba agifite imyitwarire nkiyo yisubiraho hakiri kare, kuko hari itegeko rirebana no kubona amakuru.



  • Nyamasheke: Umuyobozi w’ikigo cy’ishuri cya Shara yahitanywe n’impanuka

    Ku mugoroba wo ku wa gatanu tariki ya 29/08/2014 mu masaha ya saa kumi n’ebyiri, nibwo hamenyekanye inkuru mbi y’urupfu rw’umuyobozi w’urwunge rw’amashuri rwa Shara mu murenge wa Kagano, Niyitegeka Twahirwa Marie Rose, akaba yaguye mu mpanuka yabereye mu ishyamba rya Nyungwe nyuma y’uko imodoka yari ibatwaye yarenze umuhanda (…)



  • Karibushi,Umukozi wa MTN arasaba abafatabuguzi bayo kutagwa mu mutego w

    Nyanza: Umugore yariwe asaga ibihumbi 40 n’abiyita ko ari abakozi ba MTN

    Umugore w’imyaka 44 y’amavuko uvuga ko atuye mu kagari ka Nyanza mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, yariwe amafaranga ibihumbi mirongo ine na Magana atanu y’u Rwanda n’abantu biyita abakozi ba sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda nyamara bagambiriye kumurya utwe.



  • Abakandida biyamamarizaga guhagararira intara y

    Iburasirazuba: Kazarwa ni we wegukanye umwanya w’Ubusenateri

    Imibare y’agateganyo yavuye mu ibarura ry’amajwi yo mu matora ku mwanya wa Senateri uhagarariye intara y’iburasirazuba irerekana ko Kazarwa Gérturde ari we wahize abandi ku majwi asaga gato 80%, atsinze bagenzi be bahatanaga ari bo Muhimpundu Claudette wagize amajwi asaga gato 10% ndetse na Bagwaneza Théopiste wagize amajwi (…)



  • Ejo tariki 30/08/2014, igikorwa cyiswe Umuganda Africa kizatangirira muri Senegal, mali na Guinea Conakry.

    Umuganda Nyarwanda uzatangizwa muri Senegal, Mali na Guinee

    Ubwo Abaturarwanda bazaba bakora Umuganda w’ukwezi kwa Kanama iwabo mu Rwanda, mu bihugu bya Senegal, Mali na Guinea Conakry nabo bazatangiza gahunda yo kujya bakora Umuganda mu mpera za buri kwezi nko mu Rwanda, igikorwa cyizanagumana inyito Nyarwanda kikitwa Umuganda Africa.



  • Rutsiro: Gitifu na bagenzi be bafunzwe bazira gusesagura umutungo wa Leta

    Polisi ikorera mu karere ka Rutsiro yataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Kigeyo, Uwihanganye Jean Baptiste, umunyamabanga ncungamutungo Ndereyimana Modeste n’umukozi ushinzwe ubworozi muri wo murenge witwa Bizimungu Valens, bose bakekwa ho kunyereza umutungo wa Leta.



  • Ababurana n

    Abasirikare baherutse gutabwa muri yombi bashyikirijwe ubutabera

    Kuri uyu wa gatanu tariki 29/8/2014, abasirikare bahereutse gutabwa muri yombi bakekwaho gushaka guhungabanya umudendezo w’igihugu, bagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze rwa gisirikare rw’i Nyamirambo.



  • Uyu muryango ujya mu ruhame wambaye ibisa kandi ukicarana.

    Gishyita: Ibiganiro bahawe na RWAMREC byagabanyije ihohoterwa rishingiye ku gitsina

    Bamwe mu baturage ndetse n’abayobozi b’Inzego z’Ibanze mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi barahamya ko nyuma y’amezi atatu umuryango RWAMREC, urwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina ukanakangurira abagabo kugira uruhare mu buzima bw’umwana n’umubyeyi, umaze ukorana na bo ihohoterwa ryakorerwaga muri uwo murenge (…)



  • Havugarurema avuga ko yiteje imbere nyuma yo kureka ibiyobyabwenge.

    Ngoma: Nyuma y’imyaka 15 akoresha ibiyobyabwenge yiyemeje kubireka yihangira umurimo

    Havugarurema Asman w’imyaka 39 ukomoka mu karere ka Ngoma, avuga ko yatangiye gukoresha ibiyobyabwenge afite imyaka 14 kugera mu gihe cy’imyaka 15 ubwo byari bimaze kumugiraho ingaruka zikomeye, nyuma yo kujyanwa i Wawa ubu akaba yarabiretse akihangira umurimo.



  • Ndagijimana avuga ko iyi nzu ye yazize kurangaranwa n

    Nyamasheke: Ashinja ubuyobozi kumurangarana kugeza imvura imusenyeye

    Ndagijimana Callixte utuye mu Kagari ka Mubumbano mu Murenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke, avuga ko imvura ivanze n’umuyaga yahuhuye inzu ye kuri uyu wa mbere tariki ya 25/08/2014 igasenyuka yose kubera uburangare bw’abayobozi b’akarere ka Nyamasheke bari baramwemereye ubufasha kugira ngo asane inzu ye yari yarangijwe (…)



Izindi nkuru: