Vice President wa Uganda Edward Ssekandi niwe watangije ku mugaragaro iyi nama iteraniye i Kampala ku wa Gatatu tariki 13 Nzeri 2017.
Bimwe mu byibandwaho muri iyi nama harimo gukumira ibyaha byambukiranya imipaka, umutekano w’urujya n’uruza rw’abimukira mu bihugu biri mu Burasirazuba bw’Afurika n’ibindi.
Insanganyamatisiko y’iyi nama ibaye ku nshuro ya 17 ni "Kunoza imikorere yo kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka."
Iyi nkuru turacyayibakurikiranira
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Mukomereze aho ngabo zacu! u Rwanda twe turayobora