Uwakubise urushyi Macron yakatiwe amezi 18 y’igifungo

Umuturage uherutse gukubita urushyi Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron ari mu ruzinduko rw’akazi mu Majyepfo y’icyo gihugu ku wa Kabiri tariki 04 Kamena 2021, yakatiwe amezi 18 y’igifungo, ane akaba ari yo azamara muri gereza.

Urukiko rwa Valence ni rwo rwaburanishije urwo rubanza kuri uyu wa Kane tariki 10 Kamena 2021, ruhita runakatira uwo mugabo w’imyaka 28, uniyemerera ko yakubise urushyi Perezida Macron, nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Le Monde.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Ariko narumiwe Koko! Nyuma yo gukubitira présida m,uruhame ni igifungo cy,amezi4!!???? Azongere amukubite izindi nshyi 2 bihure n,umwaka 1 byibura

Alias yanditse ku itariki ya: 11-06-2021  →  Musubize

Ariko narumiwe Koko! Nyuma yo gukubitira présida m,uruhame ni igifungo cy,amezi4!!???? Azongere amukubite izindi nshyi 2 bihure n,umwaka 1 byibura

Alias yanditse ku itariki ya: 11-06-2021  →  Musubize

Reka bajye babakubita umuntu akubita umukuru wigihugu agafungwa amezi 4!!ubwo akubise.undi usanzwe bivuze ko atahanwa!!

lg yanditse ku itariki ya: 10-06-2021  →  Musubize

Reka bajye babakubita umuntu akubita umukuru wigihugu agafungwa amezi 4!!ubwo akubise.undi usanzwe bivuze ko atahanwa!!

lg yanditse ku itariki ya: 10-06-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka