Uwakubise urushyi Macron yakatiwe amezi 18 y’igifungo
Yanditswe na
Jean Claude Munyantore
Umuturage uherutse gukubita urushyi Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron ari mu ruzinduko rw’akazi mu Majyepfo y’icyo gihugu ku wa Kabiri tariki 04 Kamena 2021, yakatiwe amezi 18 y’igifungo, ane akaba ari yo azamara muri gereza.

Urukiko rwa Valence ni rwo rwaburanishije urwo rubanza kuri uyu wa Kane tariki 10 Kamena 2021, ruhita runakatira uwo mugabo w’imyaka 28, uniyemerera ko yakubise urushyi Perezida Macron, nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Le Monde.
Ohereza igitekerezo
|
Ariko narumiwe Koko! Nyuma yo gukubitira présida m,uruhame ni igifungo cy,amezi4!!???? Azongere amukubite izindi nshyi 2 bihure n,umwaka 1 byibura
Ariko narumiwe Koko! Nyuma yo gukubitira présida m,uruhame ni igifungo cy,amezi4!!???? Azongere amukubite izindi nshyi 2 bihure n,umwaka 1 byibura
Reka bajye babakubita umuntu akubita umukuru wigihugu agafungwa amezi 4!!ubwo akubise.undi usanzwe bivuze ko atahanwa!!
Reka bajye babakubita umuntu akubita umukuru wigihugu agafungwa amezi 4!!ubwo akubise.undi usanzwe bivuze ko atahanwa!!