Emmanuel Macron atsindiye kuyobora u Bufaransa
Yanditswe na
KT Editorial
Ku majwi 65.1% Emmanuel Macron atsindiye kuba Perezida w’u Bufaransa, ahigika mugenzi we Marine Le Pen bari bahanganye wegukanye amajwi 34.9%.

Emmanuel Macron Atsinze Marine Le Pen ahita aba Perezida w’Ubufaransa
Ni mu matora ya nyuma y’Umukuru w’igihugu Abafaransa bazindukiyemo mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, aho batoraga usimbura Perezida Francois Hollande wasoje manda ye.
Mu ijambo rye amaze gutorwa, Emmanuel Macron atangaje ko azaharanira kwimakaza umurimo, uburezi ndetse n’umuco, kuko ari byo u Bufaransa buzashingiraho mu kugira imbere heza.
=
Ohereza igitekerezo
|