Kuri uyu wa Gatandatu abanyamuryango b’ikipe ya Mukura Victory Sports et Loisirs, baramukiye mu nama y’inteko rusange, aho mu ngingo z’ibyigwa harimo amatora ya komite nyobozi.
Nyuma y’aho ikipe yari imaze iminsi iyoborwa na Sakindi Eugene wari wasigaye mu nshingano za Nizeyimana Mugabo Olivier wari weguye, uyu munsi hatowe Perezida mushya ari we Maniraguha Ndamage Jean Damascène.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|