MANIRAGUHA Ndamage Jean Damascène atorewe kuba Perezida mushya wa Mukura VS

Mu matora yo gusimbuza abatakiri muri Komite nyobozi ya Mukura VS, Maniraguha Jean Damascène ni we utorewe kuba Perezida mushya wa Mukura Victory Sports.

Kuri uyu wa Gatandatu abanyamuryango b’ikipe ya Mukura Victory Sports et Loisirs, baramukiye mu nama y’inteko rusange, aho mu ngingo z’ibyigwa harimo amatora ya komite nyobozi.

MANIRAGUHA Ndamage Jean Damascène atorewe kuba Perezida mushya wa Mukura VS.
MANIRAGUHA Ndamage Jean Damascène atorewe kuba Perezida mushya wa Mukura VS.

Nyuma y’aho ikipe yari imaze iminsi iyoborwa na Sakindi Eugene wari wasigaye mu nshingano za Nizeyimana Mugabo Olivier wari weguye, uyu munsi hatowe Perezida mushya ari we Maniraguha Ndamage Jean Damascène.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka