Umuhanda Kigali-Huye-Nyamagabe-Rusizi nturi nyabagendwa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko imvura imaze iminsi igwa yangije umuhanda Huye-Nyamagabe, ahitwa ku Nkungu mbere yo kugera mu Mujyi wa Nyamagabe, bityo ko umuhanda Kigali-Huye-Nyamagabe-Rusizi utari nyabagendwa.

Abakoreshaga uyu muhanda Polisi ibagira inama yo gukoresha umuhanda Kigali-Karongi-Nyamasheke-Rusizi, ikanabasaba kwihangana mu gihe imirimo yo gutunganya uwo muhanda ikirimo gukorwa.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka