Rwamagana yisubije umwanya wa mbere mu kwesa imihingo

Akarere ka Rwamagana, kongeye kwisubiza umwanya wa mbere mu kwesa imihigo y’umwaka w’ingengo y’imari ya 2017- 2018 ku manota 84.5%.

Umuyobozi w'Akarere ka Rwamagana,Mbonyumuvunyi Rajab nyuma yo guhabwa igikombe cyo guhiga utundi turere mu Mihigo y'Umwaka ushize
Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana,Mbonyumuvunyi Rajab nyuma yo guhabwa igikombe cyo guhiga utundi turere mu Mihigo y’Umwaka ushize

Aka Karere ni nako kari kabaye aka mbere mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2016- 2017 ku manota 82.2%

Dore Uko uturere twarushanyijwe mu mwaka w’ingengo y’imali ya 2017-2018

Dore Uko twari twarushanyijwe mu mwaka w’ingengo y’imali ya 2016-2017

Ibitekerezo   ( 1 )

Ibi nabyo bibamo "gutekinika".Jyewe nkomoka mu karere ka Rwamagana,umurenge wa Gahengeri,akagari ka Runyinya.Akarere kacu,kari mu turere dukennye cyane,tutagira imihanda myiza,amazi n’amashanyarazi.Ubwange nzi neza ko aho ntuye (utugari twa Mutamwa,Runyinya,Kanyangese,Rwamashyongoshyo,etc...),abaturage batanga Mutuelle ari bacye cyane.Executive w’Umurenge witwa Richard,ahora abafunga kubera kubura Mutuelle,ndetse akabakubita.Amazi n’amashanyarazi,ntayaba muli utwo tugari 4,tugize 1/2 cy’Umurenge.Nta muhanda mwiza tugira.Mwarangiza mukatugira "abambere"??Iyi si koko irarwaye kabisa.Koko dukeneye ubwami bw’imana.

Rutinywa John yanditse ku itariki ya: 9-08-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka