Abasenateri bazahagararira intara bamaze kumenyakana
Kuri uyu wa mbere tariki 16 Nzeri 2019, hirya no hino mu turere hazindukiye amatora y’abakandida Senateri, bagomba guhagararira intara n’umujyi wa Kigali.

Mu ntara y’Amajyepfo hatowe abasenateri batatu, Uburengerazuba batatu, Uburasirazuba batatu, Amajyaruguru babiri naho Umujyi wa Kigali hatorwa umusenateri umwe.
Dore urutonde rw’abakandida senateri batowe n’intara bazaba bahagarariye muri Sena y’u Rwanda:
Amajyepfo hatowe:
1.Umuhire Adrie
2.Uwera Pélagie
3.Nkurunziza Innocent
Uburengerazuba hatowe:
1.Mureshyankwano Marie Rose
2.Havugimana Emmanuel
3.Dushimimana Lambert
Uburasirazuba hatowe:
1.Nsengiyumva Fulgence
2.Bideri John
3.Mupenzi Georges
Amajyaruguru hatowe:
1.Nyinawamwiza Laetitia
2.Habineza Faustin
Mu mujyi wa Kigali hatowe Ntidendereza William
Uretse aba basenateri batorewe guhagararira intara, hasigaye abandi basenateri babiri bazahagararira za kaminuza, umwe uhagarariye iza Leta n’undi uhagarariye izigenga.
Hari kandi abasenateri umunani bazashyirwaho na Perezida wa Repubulika, ariko abanza gutanga bane, abandi bane bakazaza nyuma y’umwaka.
Ihuriro ry’imitwe ya politiki na ryo ryohereza abasenateri bane, ariko rikabanza gutanga babiri, abandi babiri rikabatanga nyuma y’umwaka.
Inkuru zijyanye na: Sena y’u Rwanda
- Makuza Bernard wayoboraga Sena yahererekanyije ububasha na Dr. Iyamuremye Augustin wamusimbuye
- Reba amwe mu mafoto y’ingenzi y’umuhango wo kurahira kw’Abasenateri bashya
- Sena nshya yiganjemo abakuze izagendana n’urubyiruko mu kwihutisha iterambere
- Augustin Iyamuremye ni we Perezida mushya wa Sena
- Dore ibigwi by’Abasenateri 20 bagize manda ya gatatu ya Sena
- Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu yanyuzwe n’uko amatora y’Abasenateri yagenze
- Nyirasafari Espérance wari Minisitiri w’Umuco na Siporo yagizwe Senateri
- Nkusi Juvenal na Uwamurera Salama batorewe kujya muri Sena y’u Rwanda
- Prof Niyomugabo Cyprien yinjiye muri Sena
- Umunsi wa mbere w’amatora y’Abasenateri wagenze neza – Prof Kalisa Mbanda
- Sena y’u Rwanda yemeje ba Ambasaderi 10 bashya
- Reba uko umuhango wo gushyingura Senateri Bishagara Kagoyire wagenze
- Perezida wa Sena yagarutse ku bigwi bya Senateri Bishagara Kagoyire
- Senateri Bishagara yasezeweho bwa nyuma (Amafoto+ Video)
- Senateri Bishagara Kagoyire Thérèse yitabye Imana
Ohereza igitekerezo
|
Dukeneye urubyiruko na Gender yubazwe muri Senate yacu .
Ko tubona Ku mafoto mutugaragariza Bideri Diogene mu basenateri batowe.ariko mu nyandiko yanyu mukavuga Bideri john I burasirazuba mwatubwira ukuri ari ukuhe?
BURIYA BARAMWIFURIZA KUBA SENATERI VUBA.
Nibishoboka muduhe CV zabo.
Thx.
Ni gute umuntu yabona abamufasha gukora application ya Green Card?