Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
RIB yafunze abantu 10 bakekwaho ruswa
Iran: U Burusiya, u Bushinwa na Turkiya byababajwe n’urupfu rwa Perezida Raisi
Ruhango: Yashimiye mu ruhame abamuhishe akabasha kurokoka ibitero by’Interahamwe
#BAL4: Adekunle Gold, The Ben, Chris Eazy na Alyn Sano bazataramira abakunzi ba Basketball