Video: Uko biba byifashe mu nama y’Abaminisitiri (Cabinet meeting)
Yanditswe na
KT Editorial
Uku niko biba byifashe mu nama y’Abaminisitiri. Aha ni mu nama yateranye tariki 25 Nzeri 2020 muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Iyi nama ni yo yafatiwemo imyanzuro irimo ibijyanye n’uko imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zihuza Intara n’Umujyi wa Kigali zemererwa kongera gukora. Zari zimaze ukwezi zidakora mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.
Kanda HANO ubashe gusoma imyanzuro yose yafatiwe muri iyi nama
Ohereza igitekerezo
|
Nasabaga Inteko rwose ko bakigana Ubushishozi ikibazo cy’Urugaga rwa RAHPC rubamo Les Paramedicals kuko rwose harimo akarengane.
Nize Laboratory muri ESSA RUHENGERI(A2) Ndakomeza niga Biomedical Laboratory muri Kaminuza y’u Rwanda( Level A1)
Njye maze imyaka 14 nkora muri Medical Laboratory
Mfite LICENCE nahawe n’urugaga ya A2
Ikibazo cyanjye ni iki
Barimo kutwirukanisha mu kazi ngo ntituri abanyamwuga kubera ko:
1. Tudafite Licence za A1
Ziboneka hakozwe ikizamini cya Theorie gikurwa kuri Internet, kigakorwa nubanje kwishyura 50000 mbere yo kugikora kandi abashobora kuba bagitsinda baba bagikopejwe mbere. Ibi mvuga bifite gihamwa.
Icyo nsaba Inteko
1. Ni ukudukorera ubuvugizi mu bizamini dukoreshwa hakiyongeramo ikizamini cya Pratique nkuko Abaforomo bimeze doreko nubundi akazi kacu gakeneye Pratics kuruta Theorie
2. Ni uko amafaranga 50.000fr bajya bayatwishyuza nyuma yo gutsinda Ikizamini nkuko Abaforomo bimeze
3.Ni ukudukorera ubuvugizi ntitwirukanywe mu kazi ahubwo tugategurirwa Special Exams nko mu gihe cy’umwaka twihanganiwe.
4. Ni uko Leta rwose yakurikiranira hafi itegurwa ry’ibi bizamini kuko ibyinshi bitegurwamo ntabwo bijyanye na Level tuba twarize ndetse hagakorwa Surveillance yindi itari iy’Urugaga kuko babikopeza bamwe
Iki kibazo tugihuriyeho n’abandi benshi
Murakoze
Aho kwandikira gusa Kigali Today, iki kibazo cyawe ukwiriye kucyandika ku rupapuro,urwo rupapuro ukarushyira mu ibahasha, hanyuma iyo bahasha ukayijyana ku nteko ishinga amategeko ku Kimihurura.
Ukwiye kwandika ibaruwa yawe wandikira UMUYOBOZI WA KOMISIYO ISHINZWE UBUREZI MU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO.
Amahirwe masa.
Aho kwandikira gusa Kigali Today, iki kibazo cyawe ukwiriye kucyandika ku rupapuro,urwo rupapuro ukarushyira mu ibahasha, hanyuma iyo bahasha ukayijyana ku nteko ishinga amategeko ku Kimihurura.
Ukwiye kwandika ibaruwa yawe wandikira UMUYOBOZI WA KOMISIYO ISHINZWE UBUREZI MU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO.
Amahirwe masa.
Nasabanga komwadukorera ubuvujyizi abigisha gutwara ibibyabizinga kukotumezenabi natwe nibadufungurire Abana back niyo bafungura amashuri nibazinga kuko turashonje mutuvuganire rwose barebe icyakorwape tubaye tubashimiye
Nasabanga komwadukorera ubuvujyizi abigisha gutwara ibibyabizinga kukotumezenabi natwe nibadufungurire Abana back niyo bafungura amashuri nibazinga kuko turashonje mutuvuganire rwose barebe icyakorwape tubaye tubashimiye