Video: Uko biba byifashe mu nama y’Abaminisitiri (Cabinet meeting)

Uku niko biba byifashe mu nama y’Abaminisitiri. Aha ni mu nama yateranye tariki 25 Nzeri 2020 muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.

Iyi nama ni yo yafatiwemo imyanzuro irimo ibijyanye n’uko imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zihuza Intara n’Umujyi wa Kigali zemererwa kongera gukora. Zari zimaze ukwezi zidakora mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.

Kanda HANO ubashe gusoma imyanzuro yose yafatiwe muri iyi nama

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Nasabaga Inteko rwose ko bakigana Ubushishozi ikibazo cy’Urugaga rwa RAHPC rubamo Les Paramedicals kuko rwose harimo akarengane.

Nize Laboratory muri ESSA RUHENGERI(A2) Ndakomeza niga Biomedical Laboratory muri Kaminuza y’u Rwanda( Level A1)

Njye maze imyaka 14 nkora muri Medical Laboratory

Mfite LICENCE nahawe n’urugaga ya A2

Ikibazo cyanjye ni iki

Barimo kutwirukanisha mu kazi ngo ntituri abanyamwuga kubera ko:

1. Tudafite Licence za A1
Ziboneka hakozwe ikizamini cya Theorie gikurwa kuri Internet, kigakorwa nubanje kwishyura 50000 mbere yo kugikora kandi abashobora kuba bagitsinda baba bagikopejwe mbere. Ibi mvuga bifite gihamwa.

Icyo nsaba Inteko

1. Ni ukudukorera ubuvugizi mu bizamini dukoreshwa hakiyongeramo ikizamini cya Pratique nkuko Abaforomo bimeze doreko nubundi akazi kacu gakeneye Pratics kuruta Theorie

2. Ni uko amafaranga 50.000fr bajya bayatwishyuza nyuma yo gutsinda Ikizamini nkuko Abaforomo bimeze

3.Ni ukudukorera ubuvugizi ntitwirukanywe mu kazi ahubwo tugategurirwa Special Exams nko mu gihe cy’umwaka twihanganiwe.

4. Ni uko Leta rwose yakurikiranira hafi itegurwa ry’ibi bizamini kuko ibyinshi bitegurwamo ntabwo bijyanye na Level tuba twarize ndetse hagakorwa Surveillance yindi itari iy’Urugaga kuko babikopeza bamwe

Iki kibazo tugihuriyeho n’abandi benshi

Murakoze

DUKUZUMUREMYI GILBERT yanditse ku itariki ya: 27-09-2020  →  Musubize

Aho kwandikira gusa Kigali Today, iki kibazo cyawe ukwiriye kucyandika ku rupapuro,urwo rupapuro ukarushyira mu ibahasha, hanyuma iyo bahasha ukayijyana ku nteko ishinga amategeko ku Kimihurura.

Ukwiye kwandika ibaruwa yawe wandikira UMUYOBOZI WA KOMISIYO ISHINZWE UBUREZI MU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO.

Amahirwe masa.

Atos yanditse ku itariki ya: 27-09-2020  →  Musubize

Aho kwandikira gusa Kigali Today, iki kibazo cyawe ukwiriye kucyandika ku rupapuro,urwo rupapuro ukarushyira mu ibahasha, hanyuma iyo bahasha ukayijyana ku nteko ishinga amategeko ku Kimihurura.

Ukwiye kwandika ibaruwa yawe wandikira UMUYOBOZI WA KOMISIYO ISHINZWE UBUREZI MU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO.

Amahirwe masa.

Atos yanditse ku itariki ya: 27-09-2020  →  Musubize

Nasabanga komwadukorera ubuvujyizi abigisha gutwara ibibyabizinga kukotumezenabi natwe nibadufungurire Abana back niyo bafungura amashuri nibazinga kuko turashonje mutuvuganire rwose barebe icyakorwape tubaye tubashimiye

Iradukunda yanditse ku itariki ya: 26-09-2020  →  Musubize

Nasabanga komwadukorera ubuvujyizi abigisha gutwara ibibyabizinga kukotumezenabi natwe nibadufungurire Abana back niyo bafungura amashuri nibazinga kuko turashonje mutuvuganire rwose barebe icyakorwape tubaye tubashimiye

Iradukunda yanditse ku itariki ya: 26-09-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka