Uyu munsi nta murwayi mushya wa Coronavirus wagaragaye - MINISANTE

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko kuri uyu wa mbere tariki 30 Werurwe 2020 nta murwayi mushya wa Coronavirus wagaragaye mu bipimo byafashwe.

Ibi byatumye umubare w’abarwaye Coronavirus mu Rwanda uguma kuri mirongo irindwi, nk’uko iri tangazo rya MINISANTE ribivuga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Mubyukuri icyorezo ntikitworoheye Arko nanone nibashake uburyo abantu Bari mumugi nabona uko bataha iwabo abo biringombwa bitabaye ibyo hazavuka ikibazo kumibereho urugero nko Mukarere Karubavu harabantu babagabo bahahira mumuppaka kubwikorezi bwabacuruzi2 harabahakoreraga Arko ataringo zabo narya Restora ubu babayeho ukuntu rero babapima bagataha nigitekerezo Murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 31-03-2020  →  Musubize

MURINYARUGURU,GAHUNDA YOKUGUMAMURUGO IRAKOMEJE.ARIKO,TURASABA YUKO MWADUFA. IZONKUNGA KOZATUGERAHOVUBA.MURAKOZE!

NDAYAMBAJE SAMUEL yanditse ku itariki ya: 31-03-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka